Icyaha akurikiranweho cyakozwe ku itariki ya 05 Mata 2026, ahagana saa mbiri zishyira saa tatu za nijoro, mu Mudugudu wa Gihimbi, Akagali ka Kabirizi, Umurenge wa Nyagisozi mu Karere ka Nyanza aho bari Mu kabari.
Mu ibazwa rye nk’uko tubikesha Ubushinjacyaha Bukuru, uregwa avuga ko bashyamiranye nyuma agafata umuhoro akamusanga aho yari yicaye ku rubaraza akamutemagura...