Please turn JavaScript on

Umuryango.rw

Get updates from Umuryango.rw via email, on your phone or read them on follow.it on your own custom news page.

You can filter the news from Umuryango.rw that get delivered to you using tags or topics or you can opt for all of them. Unsubscription is also very simple.

See the latest news from Umuryango.rw below.

Site title: Umuryango.rw

Is this your feed? Claim it!

Publisher:  Unclaimed!
Message frequency:  23.28 / day

Message History

Minisitiri w’Umutekano mu gihugu Shabana Mahmood yatangaje iki cyemezo avuga ko na visa zihabwa abakozi bafite ubumenyi bwihariye zitazongera guhabwa abakomoka muri Afghanistan.

Itangazo ryasohowe rivuga ko abasaba ubuhungiro barageze muri iki gihugu mu buryo bukurikije amategeko, bafite visa zo kwiga bikubye inshuro zirenga eshatu kuva mu 2021 kugeza mu 2025.

M...


Read full story

Bigitangira, Ibiro by’Ingabo za Amerika bibarizwa mu Burasirazuba bwo Hagati, byavuze ko abaguye muri iki gitero cyagabwe na Iran bari batatu, nyuma ku wa 3 Werurwe 2026, Pete Hegseth, yemeza ko umubare wikubye kabiri.

Ubwo yari mu kiganiro n’itangazamakuru, Hegseth yagize ati “Rimwe na rimwe hari uburyo intwaro imwe ishobora kwinjirira ibirindiro. Kuri iki kibazo, yar...


Read full story

Ayatollah Ali Khamenei wari ufite imyaka 89 yishwe mu gitondo cyo ku wa gatandatu mu gitero cy’indege z’intambara za Israel zashwanyaguje inyubako yari aherereyemo mu murwa mukuru Tehran.

Umuhango wo gushyingura w’iminsi itatu wari witezwe gutangira nyuma y’uyu munsi, amafoto ku mbuga nkoranyambaga agaragaza imyiteguro irimo gukorwa.

Ariko, raporo zigaragaza ko ...


Read full story

Iran ikomeje kurasa mu bihugu byo mu Karere ko mu Burasirazuba bwo Hagati mu rwego rwo kwihorera kuri Isiraheli na Amerika byayigabyeho ibitero ku wa 28 Gashyantare 2026.

Kuri uyu wa Gatatu Turukiya yatangaje ko iyo misile yarashwe nyuma yo kwambuka ikirere cya Syria na Iraq, igasenywa na sisitemu z’ubwirinzi bwo mu kirere za NATO buri mu nyanja ya Mediterane.

I...


Read full story

Uyu muyobozi yabigarutseho mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika ifatanyije na Israel bikomeje kugaba ibitero kuri Iran.

Aganira n’ikinyamakuru, Politico, Trump yagize ati “Mu by’ukuri ntabwo mbyitayeho. Ntekereza ko Iran ari igihugu cyatsinzwe bikomeye.”

Igikombe cy’Isi kizabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mexique na Canada, kizaba kuva tariki ya 11 Kamen...


Read full story