Uru rwibutso ruherereye mu Mujyi wa Mons rwangijwe n’abantu bataramenyekana, baharuye ibimenyetso n’ibirango bigaragaza ko ari Urwibutso rw’abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi.
Umwe mu banyarwanda batuye mu Mujyi wa Mons, uri mu bategura ibikorwa byo kwibuka muri uyu mujyi, Stany Mukuralinda, habwiye ikinyamakuru Igihe dukesha iyi nkuru ko, ibi koko byabaye ndetse ...