Please turn JavaScript on

Umuryango.rw

Get updates from Umuryango.rw via email, on your phone or read them on follow.it on your own custom news page.

You can filter the news from Umuryango.rw that get delivered to you using tags or topics or you can opt for all of them. Unsubscription is also very simple.

See the latest news from Umuryango.rw below.

Site title: Umuryango.rw

Is this your feed? Claim it!

Publisher:  Unclaimed!
Message frequency:  11.82 / day

Message History

Icyaha akurikiranweho cyakozwe ku itariki ya 05 Mata 2026, ahagana saa mbiri zishyira saa tatu za nijoro, mu Mudugudu wa Gihimbi, Akagali ka Kabirizi, Umurenge wa Nyagisozi mu Karere ka Nyanza aho bari Mu kabari.

Mu ibazwa rye nk’uko tubikesha Ubushinjacyaha Bukuru, uregwa avuga ko bashyamiranye nyuma agafata umuhoro akamusanga aho yari yicaye ku rubaraza akamutemagura...


Read full story

Ni amagambo yatangaje ku wa 22 Mata 2026. Mu gihe yavugaga ibyo, i Kiev, Zelensky yasabye ko ibiganiro by’amahoro by’impande eshatu ni ukuvuga Ukraine, u Burusiya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika byasubukurwa.

Ni ibiganiro byo guhagarika intambara muri Ukraine byari byaratangiye ariko bikadindira ahanini bitewe n’uko Amerika iri gushyira imbaraga ku ntambara iri kuyihuz...


Read full story

Mu gihe Jenoside yari irimbanyije, ingabo za RPA zatangaje ko zihagaritse imirwano kugira ngo zirebe ko ubwicanyi bwahagarara ariko icyo cyemezo giteshwa agaciro na Leta yakoraga Jenoside.

Kugeza kuri iyi tariki mu gihugu cyose hari hashyizwe za bariyeri zicirwagaho Abatutsi, bikaba byari bitangiye kugaragara ko ahicirwaga Abatutsi ari muri za kiliziya n’insengero, ibi...


Read full story

Ni nyuma y’andi makuru amaze iminsi avuga ko u Burundi bwaba bumaze igihe buhabwa n’u Bubiligi intwaro n’ibindi bikoresho bya gisirikare byo kwifashisha muri uriya mugambi, mu rwego rwo gukuraho ubutegetsi buyobowe na Perezida Paul Kagame.

Uyu mugambi kandi unavugwamo n’ibindi bihugu, birimo Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Angola, Afurika y’Epfo, Tanzania ndetse n’u...


Read full story

Ibi byatangajwe na Guverinoma ya Zambia ku wa 23 Mata 2026, bikaba bije byiyongera ku makimbirane yahozeho hagati ya Edgar na Perezida Hakainde Hichilema uri ku butegetsi ari na we wamusimbuye.

Ubutegetsi bwa Zambia bwatsimbaraye ku cyemezo cyabwo buvuga ko nk’uwahoze ari umukuru w’igihugu, akwiye guhabwa icyubahiro, agashyingurwa hamwe n’abamubanjirije mu irimbi ryiha...


Read full story